• Home
  • About Us
  • Contact Us
Saturday, September 30, 2023
  • Login
No Result
View All Result
Rwanda Dispatch News Agency
Magazine
  • Home
  • Business
  • Politics
  • National
  • Economy
  • Social
  • Opinions
  • Sport
  • E-dition
  • Entertainment
  • Home
  • Business
  • Politics
  • National
  • Economy
  • Social
  • Opinions
  • Sport
  • E-dition
  • Entertainment
No Result
View All Result
Rwanda Dispatch News Agency
No Result
View All Result
Home Social

Umwalimu SACCO 

by Admin
31 July 2023
in Social
0
Umwalimu SACCO 
187
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterWhatsapp
PDF Button

Koperative umwalimu sacco ni koperative y’abarimu yo kwizigamira no kuguriza. Abanyamuryango bayo n’abarimu bose baba aba mashuri ya leta n’ayigenga kuva ku kibura mwaka kugera kuri za kaminuza hamwe n’abantu bakorera ibigo bishamikiye kuri MINEDUC. Ikaba yaragiyeho kugitekerezo cya Nyakubabwa Perezida wa Rebulic Paul Kagame kugirango ijye yunganira abarimu bafata inguzanyo kugiciro gito utasanga ahandi mugihugu. Izinguzanyo zishorwe mu mishyinga ibyara inyungu bityo byunganire imishahara yabo.

Koperative Umwalimu Sacco ikaba ifite intego nyamukuru yo guteza imbere imibereho myiza ya mwarimu binyuze muri serevise nziza kandi zihendutse cyane cyane aho inyungu zicibwa kunguzanyo ntahandi wazisanga.

Koperative Umwalimu Sacco ikaba yara shinzwe 2006, ihabwa uburenganzira busesuye bwo gukora mukwa kabiri 2008.

Mukwa Karindwi 2007 yatangiye kwakira ubwizigame bw’abanyamuryango itangirira itangira yakira ubwizigame bw’abanyamuryango 27,000 aho buri wese yizigamira 5% by’umushahara we. Itangira gutanga inguzanyo mu mwaka 2008 ariko amikoro akiri make kuko ubwizigame bwa abanyamuryango wongeyeho inkunga ya Leta ntibyarengaga Miriyari imwe.

Ariko kugeza ubu Koperative y’abarimu imaze kugera kuri byinshi haba mubushobozi bwa mafaranga ikaba imaze no kugira umutungo ungana 177,256,341,177 Frw na serevise zitandukanye. Ubu bushobozi bukaba buva mu nkunga Leta itahwenye kudutera, ubwizigame bwabanyamurya bwakomeje kwiyongera nandetse n’inyungu zituruka kunguzanyo ziba zatanzwe.

Abanyamuryango bavuye ku 27,000 muri 2007 bakaba bageze 127,310 mu kwa gatandatu 2023, aho bamaze kugira ubwizigame bungana na 51,125,725,457 Frw.

Koperative yatangiye ifite amashami 12 ariko murwego rwo kwegereza abanyamuryongo serevise koperative ubu ifite amashami 30 nandetse ikaba inakorana n’imirenge sacco 295 mugihugu ifasha abanyamuryango mu kubitsa no kubikuza. Ariko ukurikije aho Isi igeze ubu ntibicyumvika kuba umuntu yava iwe akagenda urugendo igiye kubitsa cyangwa kubikuza. Koprative rero ikaba yarashizeho ikorana buhanga ritanduka abanyamuryango bifashisha bashaka kubitsa, kubikuza ndetse no kwishurira serevise zitandukanye atavuye iwe cyangwa aho akorera. Zikaba arizi zikurikira; mobile banking, Urubuto, Mobile apps, internet banking na E-tax payment system.

Koperative ikaba imaze kugira amoko y’inguzanyo 11 aho buri munyamuryango ahitamo ijyanye n’ikifuzo cye kandi izi zose zikagenda zishirwaho bitewe n’ibyifuzo byabanyamuryango. Muri izi inguzanyo 2 murizo irizo “Overdraft” yishurwa mugihe cy’ukwezi kumwe na “ Emergency” yishurwa mugihe kitarenze amezi 24 yishingiwe n’ubwizigame zikaba nazo zitangwa hifashishijwe ikoranabuhanga, umunyamuryango atariwe agera aho koperative ikorera. koprative yatangiye itanga inguzanyo mugihe kitarenze imyaka 2 ariko ubu nkinguzanyo yagira iwawe itangwa mugihe kitarenze imyaka 20. Izindi zigatangwa mu myaka 12 no kugarura hasi. Inguzanyo zimaze gutangwa kugeza 30/06/2023 zikaba zingana na 536,311,011,547 Frw (cumulative) naho izitarishyurwa zikaba zingana na 148,216,906,461 Frw. Inyungu kuri izi nguzanyo ziva kuri 11% kugeza 14%.

Koparative kandi ntiyasize inyuma n’amahugrwa ku banyamuryango mu micungire mwiza y’imishinga , aho kuva 2013 gugeza ubu hamaze guhugura abanyamuryango 23,296. Muriki kiruhuko hakaba hazahugurwa abanyamuryango 2,700. 

Related Posts:

  • REB, USAID support children with disabilities to read
    REB, USAID support children with disabilities to read
  • Primary leaving and secondary 3 exam results released
    Primary leaving and secondary 3 exam results released
  • Support to community income generating projects
    Support to community income generating projects
  • Zimbabwe teachers welcomed, start orientation in Rwanda
    Zimbabwe teachers welcomed, start orientation in Rwanda
  • EMLR/Kinyaga Conference: Education, Health, Development and the Gospel are inseparable
    EMLR/Kinyaga Conference: Education, Health, Development and…
  • 5-years into President Kagame’s third term
    5-years into President Kagame’s third term
Tags: Umwalimu SACCO
Admin

Admin

Next Post
EU, Rwanda sign €19.5 Million grant to boost Rwanda’s Justice Sector and reconciliation efforts

EU, Rwanda sign €19.5 Million grant to boost Rwanda's Justice Sector and reconciliation efforts

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Search

No Result
View All Result

Splendid Hotel

archives

September 2023
M T W T F S S
 123
45678910
11121314151617
18192021222324
252627282930  
« Aug    

e-Dispatch

e-Dispatch

Click here to download this magazine

Dispatch Agency Ltd is a local media institution based in Kigali with various media related products premiered with The Dispatch News Magazine.

  • Home
  • About Us
  • Contact Us

© 2023 Rwanda Dispatch .

No Result
View All Result
  • Home
  • Business
  • Politics
  • National
  • Economy
  • Social
  • Opinions
  • Sport
  • E-dition
  • Entertainment

© 2023 Rwanda Dispatch .

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In